Skip to content
August 21, 2026
Latest:
  • Kivu Summer Beach Expo yazanye agashya ko gukora amarushanwa yo gutwara ubwato bwa Kinyarwanda 
  • Raporo ya RSF igaragaza ishusho ibogamye kandi iyobya amahanga ku Rwanda
  • U Rwanda rwashyizwe mu bihugu bya mbere mu guteza imbere ubushobozi bw’abantu (Human Capital)
  • Ubufaransa–Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika: Inama y’Ingamba zigamije kongerera imbaraga ubufatanye mu guhangana n’ibibazo by’isi
  • i Kigali Internet ya Canal Box mu bibazo: abakiriya bavuga ko imaze ukwezi igenda nabi
Angels

Angels

angels ubuto n'ubukuru

  • English
  • Français
  • Kinyarwanda
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • Uburezi
  • Ibindi
    • Politiki
    • Ibidukikije
    • Amateka
    • Ikoranabuhanga
    • Inkuru z’Abana
    • Iyobokamana
    • Kwamamaza
    • Umuco

Ubukungu

Amakuru Ubukungu 

Sobanukirwa na Gahunda y’ Abahuza igamije kurandura amakimbirane hagati y’abikorera hatifashishijwe inkiko

May 17, 2025 Abawe02 0 Comments

Kuri uyu wa Kane ,Taliki 15 Gicurasi 2025 , ku nshuro yambere habaye inama hagati y’urwego rw’ubucamanza n’urugaga rw’abikorera (PSF)

Read more
Amakuru Ikoranabuhanga Ubukungu 

Kigali:ARSO iri kwigisha abikorera uburyo babona ikirango cy’ubuziranenge kizabafasha ku isoko ry’Africa

April 29, 2025 Abawe02 0 Comments

  umuryango Nyafurika w’ubuziranenge ARSO ,yahuje abayobozi b’ibigo by’ubuziranenge, abagenzuzi b’ibicuruzwa n’abahagarariye inganda nto n’iziciriritse baturutse mu bigu bitandatu bitandukanye

Read more
Amakuru Ubukungu Uburezi 

U Rwanda rwiteguye kwakira inama Nyafurika yiga ku ibaruramari ry’umwuga (ACOA)

April 3, 2025 Abawe02 0 Comments

  By : ABAWEDAWE Immaculee   Kuri uyu wa 2 Mata 2025 nibwo Urugaga rw’Ababaruramari b’Umwuga mu Rwanda (ICPAR) rwagiranye

Read more
Amakuru Ubukungu 

Izigamire muri RNIT Iterambere Fund ubashe kwinjiza inyungu ingana na 11.50 % mu gihe gito.

March 17, 2024 Abawe02 0 Comments

RNIT Iterambere Fund ni ikigega cyatangijwe hagamijwe kugirango Abanyarwanda Bose bacyibonemo,Aho ushobora kwizigamira no gushora imari yawe Wifashishije telephone yawe

Read more
Amakuru Ibidukikije Ubukungu 

U Rwanda rufite intego yo gutubura imbuto zujuje ubuziranenge rugasagurira n’amahanga

February 24, 2024 Abawe02 0 Comments

U Rwanda ruritegura kwakira Kongere ( congress) ya kabiri y’ihuriro ry’abagize inzego zitandukanye ndetse n’abashoramari bakora mu butubuzi n’ubucuruzi bw’imbuto

Read more
Amakuru Ikoranabuhanga Ubukungu 

NIRDA yatangaje uruhare rwayo mu gufasha inganda mu Iterambere hagamijwe kongera ubudahangarwa n’ubwinshi bw’ibikorerwa mu Rwanda

October 28, 2023 Abawe02 0 Comments

By: Abawedawe Immaculée Mu kiganiro ni itangazamakuru Kuri uyu wa gatanu taliki 27 ukwakira 2023, ikigo cy’ubushakashatsi n’iterambere mu byerekeye

Read more
Amakuru Ikoranabuhanga Ubukungu 

U Rwanda rwiteze kuzabona umusaruro ushimishije ku imurikagurisha mpuzamahanga ry’ingufu z’amashanyarazi

October 11, 2023 Abawe02 0 Comments

By:Abawedawe Immaculée Ku italiki 10 ukwakira2023 mu Rwanda I Kigali,informa markets , umuyobozi w’imirikagurisha ku isi yatangaje ko biteguye imurikagurisha

Read more
Amakuru Ikoranabuhanga Ubukungu 

RSSB yizeje abizigamira muri ejo Heza ko bagiye kujya bifashisha mobile money zabo

September 18, 2023 Abawe02 0 Comments

  Ubuyobozi bwa RSSB buvuga ko harimo gutekerezwa uburyo abantu bajyaga barushywa no kwizigamira muri Ejo Heza bazajya bizigamira binyuze

Read more
Amakuru Ubukungu Uburezi 

Rwamagana : bahangayikishijwe n’urubyiruko rugera kuri 34,5% Rudafite inyota yo gushaka akazi ,rutari mu ishuri , rutari no mu mahugurwa

August 28, 2023 Abawe02 0 Comments

By : Abawedawe Immaculée Ku italiki 25 Kanama 2023 mu karere ka Rwamagana habereye inama nyunguranabitekerezo igamije kurebera hamwe uko

Read more
Amakuru Ibidukikije Ikoranabuhanga Ubukungu 

U Rwanda rugeze ku 100% mu butubuzi bw’imbuto

August 2, 2023 Abawe02 0 Comments

Ku nshuro ya mbere Ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu butubuzi bw’imbuto riteraniye mu Rwanda , aharimo kurebwa uko ubutubuzi bw’imbuto buhagaze, ahagaragajwe

Read more
  • ← Previous
  • Next →

💖 Kayireme TV – The YouTube Channel for Love & Relationships

Amakuru y’Ubukungu

Ubufaransa–Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika: Inama y’Ingamba zigamije kongerera imbaraga ubufatanye mu guhangana n’ibibazo by’isi
Amakuru Ubukungu 

Ubufaransa–Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika: Inama y’Ingamba zigamije kongerera imbaraga ubufatanye mu guhangana n’ibibazo by’isi

April 14, 2026April 14, 2026 Abawe02 0

Ku wa 13 Mata 2026, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Ubufaransa ushinzwe Uburayi n’Ububanyi n’Amahanga, Jean-Noël Barrot, hamwe n’Umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango

i Kigali Internet ya Canal Box mu bibazo: abakiriya bavuga ko imaze ukwezi igenda nabi
Amakuru Ikoranabuhanga Ubukungu 

i Kigali Internet ya Canal Box mu bibazo: abakiriya bavuga ko imaze ukwezi igenda nabi

April 14, 2026April 14, 2026 Abawe02 0
Ruhango: Imashini zitunganya imyanda zigiye kongera umusaruro w’ibigori
Amakuru Ubuhinzi Ubukungu Ubuzima 

Ruhango: Imashini zitunganya imyanda zigiye kongera umusaruro w’ibigori

April 2, 2026 Abawe02 0
Numida igisubizo kubifuza inguzanyo zihuse kdi zidasaba ingwate ku bigo by’imari bito.
Ubukungu 

Numida igisubizo kubifuza inguzanyo zihuse kdi zidasaba ingwate ku bigo by’imari bito.

March 28, 2026March 28, 2026 Abawe02 0
Kigali: ubuyobozi bwa Spiro bwamaze impungenge kubatinya gutega izi moto birinda gukora impanuka
Amakuru Ubukungu 

Kigali: ubuyobozi bwa Spiro bwamaze impungenge kubatinya gutega izi moto birinda gukora impanuka

December 16, 2025 Abawe02 0

KWAMAMAZA

Amateka

Kwibuka 31#umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi yahaye umukoro Abakuze wo gusobanurira urubyiruko Amateka
Amateka Uncategorized 

Kwibuka 31#umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi yahaye umukoro Abakuze wo gusobanurira urubyiruko Amateka

April 21, 2025 Abawe02 0

  Kuri uyu wa 19 Mata 2025 nibwo umurenge wa Rukoma uherereye mu karere ka Kamonyi habereye igikorwa cyo kwibuka

Kwibuka 31#kimisagara bibutse abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, banagaruka ku bugome bw’indengakamere bwaranze Karushara
Amakuru Amateka Politiki 

Kwibuka 31#kimisagara bibutse abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, banagaruka ku bugome bw’indengakamere bwaranze Karushara

April 18, 2025April 18, 2025 Abawe02 0
Kwibuka31#Runda bibutse Abatutsi bishwe bakajugunwa  muri Nyabarongo mu 1994.
Amakuru Amateka Politiki 

Kwibuka31#Runda bibutse Abatutsi bishwe bakajugunwa muri Nyabarongo mu 1994.

April 15, 2025April 18, 2025 Abawe02 0
#Kwibuka30 : umurenge wa Kigali wibutse abazize genoside yakorewe Abatutsi bakajugunywa mu ruzi rwa Nyabarongo
Amakuru Amateka Politiki 

#Kwibuka30 : umurenge wa Kigali wibutse abazize genoside yakorewe Abatutsi bakajugunywa mu ruzi rwa Nyabarongo

April 28, 2024April 28, 2024 Abawe02 0

Ibyerekeye twe

Angels.rw ni ikinyamakuru cya Ubuto n’Ubukuru Channels Media Group Ltd, kigamije kugeza ku Banyarwanda amakuru yizewe aho bari hose ku isi.

Ni urubuga rw’itangazamakuru rutagenewe Abanyarwanda gusa, ahubwo rugenewe n’abatuye isi yose, kuko rutangaza amakuru mu ndimi eshatu: Ikinyarwanda, Icyongereza n’Igifaransa.

Angels.rw itanga amakuru agamije guteza imbere imibereho myiza y’umuryango nyarwanda n’uw’isi muri rusange. Ibyo tubigeraho dutanga inkuru n’ibiganiro byubaka, bizamura imyumvire n’imitekerereze ku ngingo zitandukanye z’ingenzi mu buzima bwa buri munsi.

Mu by’ingenzi twibandaho harimo:

  • Ubuzima bw’imyororokere
  • Guteza imbere amahoro mu muryango no ku isi muri rusange
  • Imishinga n’ibikorwa bizamura imibereho n’ubukungu bw’umuturage
  • Kubungabunga ubuzima buzira umuze
  • Uburere n’iterambere ryiza ry’abana
  • Guteza imbere ubuhinzi n’iterambere ryabwo
  • Intego yacu ni ukubaka umuryango utekereza neza, utekanye kandi utera imbere binyuze mu itangazamakuru rifite ireme.

Aderese

Angels.rw
Ubuto n’Ubukuru Channels Media Group Ltd
Kicukiro, Kigali, Rwanda

Twandikire

Murakoze gushishikarira kudusoma no gukorana na Angels.rw. Twishimiye kwakira ibitekerezo byanyu, inama, cyangwa ibibazo mufite.
Uburyo bwo kutwandikira:
📧 Email: info@angels.rw
📞 Telefoni: +250 783471034
📍 Aho duherereye: Kigali, Rwanda

Copyright © 2026 Angels. All rights reserved.
Theme: ColorMag by ThemeGrill. Powered by WordPress.