Skip to content
August 20, 2026
Latest:
  • Kivu Summer Beach Expo yazanye agashya ko gukora amarushanwa yo gutwara ubwato bwa Kinyarwanda 
  • Raporo ya RSF igaragaza ishusho ibogamye kandi iyobya amahanga ku Rwanda
  • U Rwanda rwashyizwe mu bihugu bya mbere mu guteza imbere ubushobozi bw’abantu (Human Capital)
  • Ubufaransa–Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika: Inama y’Ingamba zigamije kongerera imbaraga ubufatanye mu guhangana n’ibibazo by’isi
  • i Kigali Internet ya Canal Box mu bibazo: abakiriya bavuga ko imaze ukwezi igenda nabi
Angels

Angels

angels ubuto n'ubukuru

  • English
  • Français
  • Kinyarwanda
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • Uburezi
  • Ibindi
    • Politiki
    • Ibidukikije
    • Amateka
    • Ikoranabuhanga
    • Inkuru z’Abana
    • Iyobokamana
    • Kwamamaza
    • Umuco

Author: Abawe02

Amakuru Ubukerarugendo 

Kivu Summer Beach Expo yazanye agashya ko gukora amarushanwa yo gutwara ubwato bwa Kinyarwanda 

July 4, 2026 Abawe02 0 Comments

  Kuva Taliki 25 Kamena kugeza Taliki 04 Nyakanga 2026 mu Karere ka Karongi hari kubera expo yitabiriwe nabamurikabikorwa basaga

Read more
Amakuru Politiki 

Raporo ya RSF igaragaza ishusho ibogamye kandi iyobya amahanga ku Rwanda

May 3, 2026May 3, 2026 Abawe02 0 Comments

Igitekerezo cya Regine AKALIKUMUTIMA Raporo ya RSF igaragaza ishusho ibogamye kandi iyobya ku Rwanda, isobanura uko bitari  ubwisanzure bw’itangazamakuru mu

Read more
Amakuru Ubuhinzi Uburezi Ubuzima 

U Rwanda rwashyizwe mu bihugu bya mbere mu guteza imbere ubushobozi bw’abantu (Human Capital)

April 19, 2026 Abawe02 0 Comments

U Rwanda rwashimiwe ku rwego mpuzamahanga na World Bank Group nk’igihugu kiri mu bya mbere mu gutsinda neza ku gipimo

Read more
Amakuru Ubukungu 

Ubufaransa–Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika: Inama y’Ingamba zigamije kongerera imbaraga ubufatanye mu guhangana n’ibibazo by’isi

April 14, 2026April 14, 2026 Abawe02 0 Comments

Ku wa 13 Mata 2026, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Ubufaransa ushinzwe Uburayi n’Ububanyi n’Amahanga, Jean-Noël Barrot, hamwe n’Umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango

Read more
Amakuru Ikoranabuhanga Ubukungu 

i Kigali Internet ya Canal Box mu bibazo: abakiriya bavuga ko imaze ukwezi igenda nabi

April 14, 2026April 14, 2026 Abawe02 0 Comments

Abafatabuguzi ba internet ya Canal Box barinubira imikorere yayo muri iyi minsi, bavuga ko iri kubateza ibibazo bikomeye mu buzima

Read more
Amakuru Ubuhinzi Ubuzima 

Ruhango : Le projet FASEP « WISE » apporte une solution durable au manque d’engrais

April 2, 2026 Abawe02 0 Comments

Les membres des coopératives agricoles cultivant le maïs dans le district de Ruhango se réjouissent du projet FASEP « WISE

Read more
Amakuru Ubuhinzi Ubukungu Ubuzima 

Ruhango: Imashini zitunganya imyanda zigiye kongera umusaruro w’ibigori

April 2, 2026 Abawe02 0 Comments

Abanyamuryango b’amakoperative ahinga ibigori mu karere ka Ruhango barishimira umushinga FASEP « WISE »:WASTE INTEGRATED SOLUTIONS ECOSYSTEM ugiye kubazanira ifumbire

Read more
Ubukungu 

Numida igisubizo kubifuza inguzanyo zihuse kdi zidasaba ingwate ku bigo by’imari bito.

March 28, 2026March 28, 2026 Abawe02 0 Comments

ikigo cy’imari gitanga inguzanyo mu buryo bw’ikoranabuhanga muri Afurika y’Iburasirazuba, Numida, cyatangije ibikorwa byacyo ku mugaragaro mu Rwanda, kizana igisubizo

Read more
Amakuru Ubuhinzi 

U Rwanda ruri gukoresha abahanga mu by’ubuhinzi kugira ngo hongerwe umusaruro w’ubuhinzi

March 28, 2026March 28, 2026 Abawe02 0 Comments

Kuri uyu wa Kane Taliki 26 Werurwe 2026 mu kiganiro cyabaye ku rwego rw’igihugu kigamije kungurana ibitekerezo ku bijyanye no

Read more
Amakuru Politiki 

Kigali:Mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’Abagore batanze ubuhamya bw’ibikorwa by’indashyikirwa bamaze kugeraho

March 28, 2026April 7, 2026 Abawe02 0 Comments

Mu birori byo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’Abagore bakora ubucuruzi bwihariye, abagore batanze ubuhamya bw’ibikorwa by’indashyikirwa bamaze kugeraho.  Kigali, kuri uyu

Read more
  • ← Previous

💖 Kayireme TV – The YouTube Channel for Love & Relationships

Amakuru y’Ubukungu

Ubufaransa–Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika: Inama y’Ingamba zigamije kongerera imbaraga ubufatanye mu guhangana n’ibibazo by’isi
Amakuru Ubukungu 

Ubufaransa–Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika: Inama y’Ingamba zigamije kongerera imbaraga ubufatanye mu guhangana n’ibibazo by’isi

April 14, 2026April 14, 2026 Abawe02 0

Ku wa 13 Mata 2026, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Ubufaransa ushinzwe Uburayi n’Ububanyi n’Amahanga, Jean-Noël Barrot, hamwe n’Umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango

i Kigali Internet ya Canal Box mu bibazo: abakiriya bavuga ko imaze ukwezi igenda nabi
Amakuru Ikoranabuhanga Ubukungu 

i Kigali Internet ya Canal Box mu bibazo: abakiriya bavuga ko imaze ukwezi igenda nabi

April 14, 2026April 14, 2026 Abawe02 0
Ruhango: Imashini zitunganya imyanda zigiye kongera umusaruro w’ibigori
Amakuru Ubuhinzi Ubukungu Ubuzima 

Ruhango: Imashini zitunganya imyanda zigiye kongera umusaruro w’ibigori

April 2, 2026 Abawe02 0
Numida igisubizo kubifuza inguzanyo zihuse kdi zidasaba ingwate ku bigo by’imari bito.
Ubukungu 

Numida igisubizo kubifuza inguzanyo zihuse kdi zidasaba ingwate ku bigo by’imari bito.

March 28, 2026March 28, 2026 Abawe02 0
Kigali: ubuyobozi bwa Spiro bwamaze impungenge kubatinya gutega izi moto birinda gukora impanuka
Amakuru Ubukungu 

Kigali: ubuyobozi bwa Spiro bwamaze impungenge kubatinya gutega izi moto birinda gukora impanuka

December 16, 2025 Abawe02 0

KWAMAMAZA

Amateka

Kwibuka 31#umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi yahaye umukoro Abakuze wo gusobanurira urubyiruko Amateka
Amateka Uncategorized 

Kwibuka 31#umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi yahaye umukoro Abakuze wo gusobanurira urubyiruko Amateka

April 21, 2025 Abawe02 0

  Kuri uyu wa 19 Mata 2025 nibwo umurenge wa Rukoma uherereye mu karere ka Kamonyi habereye igikorwa cyo kwibuka

Kwibuka 31#kimisagara bibutse abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, banagaruka ku bugome bw’indengakamere bwaranze Karushara
Amakuru Amateka Politiki 

Kwibuka 31#kimisagara bibutse abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, banagaruka ku bugome bw’indengakamere bwaranze Karushara

April 18, 2025April 18, 2025 Abawe02 0
Kwibuka31#Runda bibutse Abatutsi bishwe bakajugunwa  muri Nyabarongo mu 1994.
Amakuru Amateka Politiki 

Kwibuka31#Runda bibutse Abatutsi bishwe bakajugunwa muri Nyabarongo mu 1994.

April 15, 2025April 18, 2025 Abawe02 0
#Kwibuka30 : umurenge wa Kigali wibutse abazize genoside yakorewe Abatutsi bakajugunywa mu ruzi rwa Nyabarongo
Amakuru Amateka Politiki 

#Kwibuka30 : umurenge wa Kigali wibutse abazize genoside yakorewe Abatutsi bakajugunywa mu ruzi rwa Nyabarongo

April 28, 2024April 28, 2024 Abawe02 0

Ibyerekeye twe

Angels.rw ni ikinyamakuru cya Ubuto n’Ubukuru Channels Media Group Ltd, kigamije kugeza ku Banyarwanda amakuru yizewe aho bari hose ku isi.

Ni urubuga rw’itangazamakuru rutagenewe Abanyarwanda gusa, ahubwo rugenewe n’abatuye isi yose, kuko rutangaza amakuru mu ndimi eshatu: Ikinyarwanda, Icyongereza n’Igifaransa.

Angels.rw itanga amakuru agamije guteza imbere imibereho myiza y’umuryango nyarwanda n’uw’isi muri rusange. Ibyo tubigeraho dutanga inkuru n’ibiganiro byubaka, bizamura imyumvire n’imitekerereze ku ngingo zitandukanye z’ingenzi mu buzima bwa buri munsi.

Mu by’ingenzi twibandaho harimo:

  • Ubuzima bw’imyororokere
  • Guteza imbere amahoro mu muryango no ku isi muri rusange
  • Imishinga n’ibikorwa bizamura imibereho n’ubukungu bw’umuturage
  • Kubungabunga ubuzima buzira umuze
  • Uburere n’iterambere ryiza ry’abana
  • Guteza imbere ubuhinzi n’iterambere ryabwo
  • Intego yacu ni ukubaka umuryango utekereza neza, utekanye kandi utera imbere binyuze mu itangazamakuru rifite ireme.

Aderese

Angels.rw
Ubuto n’Ubukuru Channels Media Group Ltd
Kicukiro, Kigali, Rwanda

Twandikire

Murakoze gushishikarira kudusoma no gukorana na Angels.rw. Twishimiye kwakira ibitekerezo byanyu, inama, cyangwa ibibazo mufite.
Uburyo bwo kutwandikira:
📧 Email: info@angels.rw
📞 Telefoni: +250 783471034
📍 Aho duherereye: Kigali, Rwanda

Copyright © 2026 Angels. All rights reserved.
Theme: ColorMag by ThemeGrill. Powered by WordPress.