Skip to content
August 21, 2026
Latest:
  • Kivu Summer Beach Expo yazanye agashya ko gukora amarushanwa yo gutwara ubwato bwa Kinyarwanda 
  • Raporo ya RSF igaragaza ishusho ibogamye kandi iyobya amahanga ku Rwanda
  • U Rwanda rwashyizwe mu bihugu bya mbere mu guteza imbere ubushobozi bw’abantu (Human Capital)
  • Ubufaransa–Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika: Inama y’Ingamba zigamije kongerera imbaraga ubufatanye mu guhangana n’ibibazo by’isi
  • i Kigali Internet ya Canal Box mu bibazo: abakiriya bavuga ko imaze ukwezi igenda nabi
Angels

Angels

angels ubuto n'ubukuru

  • English
  • Français
  • Kinyarwanda
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • Uburezi
  • Ibindi
    • Politiki
    • Ibidukikije
    • Amateka
    • Ikoranabuhanga
    • Inkuru z’Abana
    • Iyobokamana
    • Kwamamaza
    • Umuco

Amakuru

Amakuru Ubuzima 

Gicumbi_Shangasha : Guverineri yasabye imiryango gushyigikira impano z’Abantu bafite ubumuga

December 4, 2025December 4, 2025 Abawe02 0 Comments

Kuri uyu wa Gatatu ,Tariki ya 3 Ukuboza 2025, mu karere ka Gicumbi,mu Murenge wa Shangasha hizihirijwe Umunsi Mpuzamahanga w’Abantu

Read more
Amakuru Ubuzima 

NCPD yagaragaje imbogamizi abafite ubumuga bwihariye bahura nazo mu Burezi

November 29, 2025 Abawe02 0 Comments

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Inama y’Igihugu y’Abafite Ubumuga (NCPD) Ndayisaba Emmanuel yagaragaje ko ababyeyi b’abana bafite ubumuga bwihariye aribwo ( kutumva ,kutabona

Read more
Amakuru Ubuzima 

RRP+ mu rugamba rwo kurandura ikwirakwizwa rya virusi itera Sida

November 28, 2025 Abawe02 0 Comments

  Kuri uyu wa Gatanu ,Taliki 28 ugushyingo 2025 urugaga Nyarwanda ry’Abafite virusi itera SIDA (RRP+ ) ku bufatanye n’ikigo

Read more
Amakuru Ibidukikije Ubukerarugendo Umuco 

Kivu Beach Expo and Festival:iserukiramuco ryitezweho kumenyekanisha Rutsiro nk’Akarere k’ubukerarugendo

November 15, 2025 Abawe02 0 Comments

Kivu Beach Expo And Festival iserukiramuco ririkumwe n’imurikagurisha byateguwe na Yirunga LTD ifatanyije n’akarere ka Rutsiro rikazabera mu murenge wa

Read more
Amakuru Ubuzima 

Inkoni yera ni urugingo ku muntu ufite ubumuga bwo kutabona.

November 3, 2025November 3, 2025 Abawe02 0 Comments

  Buri mwaka Taliki 15 ukwakira ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kuzirikana akamaro k’inkoni yera ,by’umwihariko mu Rwanda uyu munsi uzizihizwa

Read more
Amakuru Ibidukikije Ubuzima 

Kugira ngo umuntu abeho neza ,Akure neza agomba kuba abona ibiribwa bifite intungamubiri zose “Dr Mark Cyubahiro Bagabe”

October 25, 2025 Abawe02 0 Comments

Ku italiki 16 ukwakira ku isi hose bizihiza umunsi mpuzamahanga w’ibiribwa , byumwihariko mu Rwanda bakaba barawizihije ku italiki 24

Read more
Amakuru Ubuzima 

RFI igiye kujya ipima Abakobwa batwite inda zitateguwe bifuza ubutabera

October 17, 2025 Abawe02 0 Comments

Ubuyobozi  bw’Ikigo cy’Ibimenyetso bishingiye ku Bumenyi n’Ubuhanga bikoreshwa mu Butabera (Rwanda Forensic Institute, RFI) buvuga ko mu bipimo byinshi bagaragaza,

Read more
Amakuru Ubukungu Ubuzima 

U Rwanda mu myiteguro yo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’ibiribwa

October 17, 2025 Abawe02 0 Comments

Ku italiki 16/Ukwakira buri mwaka Twizihiza umunsi mpuzamahanga w’ibiribwa ku isi, ni umunsi wagiyeho kubwo gukora ubukangurambaga kugirango abatuye  ku

Read more
Amakuru Ubukungu Umuco 

Abanyamuryango bagize ihuriro ry’abakora ibikomoka kw’impu bakomwe mu nkokora nisubikwa ry’amatora

October 11, 2025 Abawe02 0 Comments

Nyuma y’uko abanyamuryango b’ihuriro ry’abakora ibikomoka ku impu bari  baturutse mu turere twose tw’igihugu  baje i Kigali gutora umuyobozi uzabavuganira

Read more
Amakuru Uburezi 

Mineduc yasabye ababyeyi gufatanya n’abarimu mu burezi bw’abana babo

September 8, 2025 Abawe02 0 Comments

Mu muhango wo gutangiza umwaka w’amashuri wa 2025-2026, wabereye mu kigo cy’Amashuri cya Groupe Scolaire Kicukiro mu Mujyi wa Kigali,

Read more
  • ← Previous
  • Next →

💖 Kayireme TV – The YouTube Channel for Love & Relationships

Amakuru y’Ubukungu

Ubufaransa–Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika: Inama y’Ingamba zigamije kongerera imbaraga ubufatanye mu guhangana n’ibibazo by’isi
Amakuru Ubukungu 

Ubufaransa–Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika: Inama y’Ingamba zigamije kongerera imbaraga ubufatanye mu guhangana n’ibibazo by’isi

April 14, 2026April 14, 2026 Abawe02 0

Ku wa 13 Mata 2026, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Ubufaransa ushinzwe Uburayi n’Ububanyi n’Amahanga, Jean-Noël Barrot, hamwe n’Umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango

i Kigali Internet ya Canal Box mu bibazo: abakiriya bavuga ko imaze ukwezi igenda nabi
Amakuru Ikoranabuhanga Ubukungu 

i Kigali Internet ya Canal Box mu bibazo: abakiriya bavuga ko imaze ukwezi igenda nabi

April 14, 2026April 14, 2026 Abawe02 0
Ruhango: Imashini zitunganya imyanda zigiye kongera umusaruro w’ibigori
Amakuru Ubuhinzi Ubukungu Ubuzima 

Ruhango: Imashini zitunganya imyanda zigiye kongera umusaruro w’ibigori

April 2, 2026 Abawe02 0
Numida igisubizo kubifuza inguzanyo zihuse kdi zidasaba ingwate ku bigo by’imari bito.
Ubukungu 

Numida igisubizo kubifuza inguzanyo zihuse kdi zidasaba ingwate ku bigo by’imari bito.

March 28, 2026March 28, 2026 Abawe02 0
Kigali: ubuyobozi bwa Spiro bwamaze impungenge kubatinya gutega izi moto birinda gukora impanuka
Amakuru Ubukungu 

Kigali: ubuyobozi bwa Spiro bwamaze impungenge kubatinya gutega izi moto birinda gukora impanuka

December 16, 2025 Abawe02 0

KWAMAMAZA

Amateka

Kwibuka 31#umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi yahaye umukoro Abakuze wo gusobanurira urubyiruko Amateka
Amateka Uncategorized 

Kwibuka 31#umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi yahaye umukoro Abakuze wo gusobanurira urubyiruko Amateka

April 21, 2025 Abawe02 0

  Kuri uyu wa 19 Mata 2025 nibwo umurenge wa Rukoma uherereye mu karere ka Kamonyi habereye igikorwa cyo kwibuka

Kwibuka 31#kimisagara bibutse abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, banagaruka ku bugome bw’indengakamere bwaranze Karushara
Amakuru Amateka Politiki 

Kwibuka 31#kimisagara bibutse abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, banagaruka ku bugome bw’indengakamere bwaranze Karushara

April 18, 2025April 18, 2025 Abawe02 0
Kwibuka31#Runda bibutse Abatutsi bishwe bakajugunwa  muri Nyabarongo mu 1994.
Amakuru Amateka Politiki 

Kwibuka31#Runda bibutse Abatutsi bishwe bakajugunwa muri Nyabarongo mu 1994.

April 15, 2025April 18, 2025 Abawe02 0
#Kwibuka30 : umurenge wa Kigali wibutse abazize genoside yakorewe Abatutsi bakajugunywa mu ruzi rwa Nyabarongo
Amakuru Amateka Politiki 

#Kwibuka30 : umurenge wa Kigali wibutse abazize genoside yakorewe Abatutsi bakajugunywa mu ruzi rwa Nyabarongo

April 28, 2024April 28, 2024 Abawe02 0

Ibyerekeye twe

Angels.rw ni ikinyamakuru cya Ubuto n’Ubukuru Channels Media Group Ltd, kigamije kugeza ku Banyarwanda amakuru yizewe aho bari hose ku isi.

Ni urubuga rw’itangazamakuru rutagenewe Abanyarwanda gusa, ahubwo rugenewe n’abatuye isi yose, kuko rutangaza amakuru mu ndimi eshatu: Ikinyarwanda, Icyongereza n’Igifaransa.

Angels.rw itanga amakuru agamije guteza imbere imibereho myiza y’umuryango nyarwanda n’uw’isi muri rusange. Ibyo tubigeraho dutanga inkuru n’ibiganiro byubaka, bizamura imyumvire n’imitekerereze ku ngingo zitandukanye z’ingenzi mu buzima bwa buri munsi.

Mu by’ingenzi twibandaho harimo:

  • Ubuzima bw’imyororokere
  • Guteza imbere amahoro mu muryango no ku isi muri rusange
  • Imishinga n’ibikorwa bizamura imibereho n’ubukungu bw’umuturage
  • Kubungabunga ubuzima buzira umuze
  • Uburere n’iterambere ryiza ry’abana
  • Guteza imbere ubuhinzi n’iterambere ryabwo
  • Intego yacu ni ukubaka umuryango utekereza neza, utekanye kandi utera imbere binyuze mu itangazamakuru rifite ireme.

Aderese

Angels.rw
Ubuto n’Ubukuru Channels Media Group Ltd
Kicukiro, Kigali, Rwanda

Twandikire

Murakoze gushishikarira kudusoma no gukorana na Angels.rw. Twishimiye kwakira ibitekerezo byanyu, inama, cyangwa ibibazo mufite.
Uburyo bwo kutwandikira:
📧 Email: info@angels.rw
📞 Telefoni: +250 783471034
📍 Aho duherereye: Kigali, Rwanda

Copyright © 2026 Angels. All rights reserved.
Theme: ColorMag by ThemeGrill. Powered by WordPress.